in

Nyuma yo gutandukana n’icyuki, dore ibyabaye kuri wa musore w’ibigango (video)

Ku munsi w’ejo inkuru yasakaye ku isi yose ko Izere Laurien wamamaye cyane ku izina rya The Trainer yatandukanye na Keza Terisky bari bamaranye amezi ane bakundana. Nyuma yuko iyi nkuru ibaye kimomoo, imbuga nkoranyambaga z’aba bombi zatangiye gusurwa na benshi babahata ibibazo gusa ntanumwe wigeze yerura ngo avuga ko yatandukanye na Mugenzi we mu buryo bweruye.

The Trainer abinyujije kuri story ya instagram ye yanditse amagambo agira ati “How being single feels like, I want to enjoy that experience”. Nyuma yuko The Trainer yanditse aya magambo kuri story ya instagram ye, abafana be b’imihanda yose bahise baboneraho umwanya wo kumubaza ibibazo bitandukanye byerekeranye n’umubano we na Keza Terisky ndetse The Trainer messages zamubanye nyinshi bituma abura uko asubiza buri umwe.

The Trainer mu gusubiza abari bamwandikiye bose yakoresheje videwo irimo ubutumwa bwose bari bamwandikiye maze abasubiza agira ati “Nothing but believe what you’re watching!”.

Amwe mu mafoto y’urwibutso ya Trainer ari kumwe na Terisky:

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ariko se ko umwana wa Kimenyi asa nka Yago” – Ibyo abakoresha Twitter bavuze ku mwana wa Kimenyi

Biteye agahinda: Ibyo umukobwa muto yahuye nabyo mu myaka 20 amaze ari ku cyuma cyongera umwuka