in

Nyuma yo gutakaza igikombe umutoza wa Chelsea Pochettino yahumurije abafana b’ikipe ya Chelsea yifashishije Liverpool yarimaze ku mugarika.

Pochettino ati’’ ndibuka nyuma yimyaka Ine cyangwa Itatu ikipe ya Liverpool fc itakaje Champion’s league na Europa league bakomeje kwizerera mu mushinga wabo sezo itaha bari bakomeye gugeza igihe bageze kubyo bashakaga”

Akomeza agira ati” uru ni urugero rwiza iyo ushaka guhangana n’ikipe nka Liverpool  ntabwo uba ukwiye gucibwa intege nayo aka kanya ngo  nuko igutwaye igikombe uba ukwiye kuyifatiraho urugero rwogukomeza kugira icyizere kuko uba ushobora no kubona ibirenze”

 

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
what is puravive
4 months ago

This webpage is unbelievable. The wonderful substance exhibits the administrator’s enthusiasm. I’m stunned and expect more such mind blowing entries.

Yatangiye kumwenyuza inshundura: Rwatubyaye Abdul yafunguye konti y’ibitego muri Macedonia

Mu marira menshi! Irene Murindahabi yavuze ikintu kimwe gusa yishimiye nyuma yuko mama umubyara yitabye Imana – VIDEWO