in

Nyuma yo gukora ubukwe, Prince Kid agiye gusubira mu rukiko kuburana

Nyuma yo gukora ubukwe, Prince Kid agiye gusubira mu rukiko kuburana.

Prince Kid agiye kongera kwitaba Urukiko Rukuru rugiye mu gusubukura urubanza aregwamo ibyaha birimo guhoza ku nkeke bifitanye isano n’imibonano mpuzabitsina.

Imyiteguro y’uru rubanza irasubukurwa kuri uyu wa 15 Nzeri 2023 nyuma y’uko rwari rwarasubitswe muri Nyakanga 2023.

Hashize igihe gito Prince Kid ashyingiranwe n’umukunzi we wamukunze bidasanzwe, Miss Iradukunda Elsa.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Gukinira ku idarapo ry’igihugu bimaze kuba akamenyero, ntagisekeje cyangwa igishimishije kibirimo” Abanyarwanda bariye karungu nyuma y’uburyo idarapo ry’igihugu rikomeje kumenyerwa

Ubuse kubyerekanye byose abana bawe uzabatoza uwuhe muco? Umuhanzikazi Sunny yakoze ibidakwiriye ababyeyi agamije gutwika -AMAFOTO