in

Nyuma yo guhabwa imbabazi mu mavubi, Niyonzima Sefu yongeye gukurwa mu mavubi

Umukinnyi wa AS Kigali ukina hagati mu kibuga Niyonzima Sefu nyuma yo gusaba imbabazi mu mavubi kubera imyitwarire mibi yari yaragaragaje aza guhabwa imbabazi.

Sefu yari mu bakinnyi bahamagawe mu mavubi ndetse yitabira abandi kugira ngo bitegure umukino wo ku wa gatanu na Ethiopia gusa ariko bitunguranye yahise avanwa mu bakinnyi bazakina uwo mukino.

Sefu yapimwe asangwa afite imvune yagize ubwo yakinaga na APR FC ku mukino w’igikombe cya Super cup bituma ahita asimbuzwa umukinnyi ukinira Rayon Sports.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Vava uzwi nka dore imbogo yahuye n’umusore wamutwaye umutima iwabo mu cyaro (video)

Umunyarwenya nyaxo uri mu bakunzwe yatawe muri yombi