in

Nyuma yo gucyiruka inkoni, Teta Sandra yongeye kubura umutwe mu myidagaduro

Nyuma yo gucyiruka inkoni, Teta Sandra yongeye kubura umutwe mu myidagaduro.

Sandra Teta yongeye kubura ibyo gutegura ibirori bibera mu tubari muri Uganda nyuma y’amezi amaze asubiye kubana na Weasel.

Amakuru aturuka muri Uganda agaragaza ko uyu mugore yongeye kubura umutwe akaba amaze iminsi akorera ibirori mu tubari dutandukanye muri Uganda.

Uyu mugore ukiri kongera kwisuganya, amaze iminsi akora ibirori bya ‘After Party’ biherekeza ibitaramo by’urwenya bya Alex Muhangi uri mu bakomeye muri Uganda byitwa “Comedy Store’’.

Ibiheruka yateguye ni ibyabereye muri Regio Bar.

Muri Nyakanga umwaka ushize hari hagiye hanze amafoto ya Sandra Teta afite ibikomere umubiri wose ndetse amakuru yavugaga ko uyu mugore yakubiswe na Weasel.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ubwo atangiye kutwereka utwambaro tw’imbere, ejo araba yadukuyemo natwo” Umuhanzikazi Alyn Sano akomeje kwibasirwa n’abantu nyuma yo kujya ku rubyiniro yambaye imyambaro yerekana akenda k’imbere ku mukara yari yambaye bamubwira ko byibuze yari kuba yambaye akenda kumweru (AMAFOTO)

RIP Masengesho Jean Pierre! Umusore ukiri muto yavuye mu bukwe ubundi yihina mu cyumba cye anywa Kioda ni uko iza kumutsinda ku irembo ry’iwabo