in

Nyuma y’imyaka 20 muri gereza, yagizwe umwere asohoka yemye

Akenshi hari amakosa akunze gutuma umuntu yakatirwa imyaka ndetse bamwe bigatuma bakatirwa burundu kugeza bashizemo umwuka.

Umunyamerika Adnan Syed yagizwe umwere nyuma yo gukatirwa igifungo cya burundu mu 2000 ahamijwe icyaha cyo kwica uwahoze ari umukunzi we Hae Min Lee mu 1999. Uyu mugabo yari amaze imyaka irenga 20 ari muri gereza.

Yari yarakatiwe iyi myaka yose kubera ubwicanyi yakoreye umukunzi we gusa akomeza kugenda aburana ndetse nyuma y’igihe kirekire aburana agirwa umwere.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda hateguwe irushanwa muri iki kiruhuko ryatumiwemo amakipe akomeye arimo Rayon Sports na APR FC

“Umusaruro wacu hanze ukomeje kuba nkene.” Afande Mubarakh Muganga yasubije ibyo abantu bakomeje kwibaza