in

Nyuma y’ibyo The Ben yaboneye i Bujumbura, yageneye ubutumwa Abarundi bose muri rusange

Mu mpera z’ukwezi gushize nibwo The Ben n’umugore we Miss Uwicyeza Pamela bagiye gususurutsa Abarundi mu bitaramo byabaye tariki 30 Nzeri 2023 ndetse na tariki 1 Ukwakira 2023.

Kubera urukundo The Ben yagaragarijwe, byatumye agenera ubutumwa Abarundi bose muri rusange.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, The Ben yasangije abamukurikira amashusho y’ibihe byiza yagiriye i Burundi maze aherekezaho ubutumwa yageneye Abarundi.

Yagize ati “Mwarakoze Bujumbura, mwarakoze Burundi. Mufite ikibanza kinini cyane k’umutima wanjye.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntiyabura byose, Kanyarwanda Og uzwiho gukunda ifoto yagaragaye yagiye kwidumbaguza muri Pisine (AMAFOTO)

Luvumbu ikosa yakoze rirasanzwe! Umwe mu bakinnyi ikipe ya Rayon Sports igenderaho yakoze ikosa rikomeye atuka umutoza Yamen Zelfani mu buryo benshi bafashe nk’imyitwarire ya gishumba