in ,

Nyuma y’ibihe byiza irimo, Ikipe ya Fc Barcelona itakaje umukinnyi wayo igenderaho

Ku munsi wejo ikipe ya Fc Barcelona yashimangira insinzi yayo ya karindwi muri Champiyona itinda ikipe ya Las Palmas aho umukino waje kurangira ari ibitego 3-0 harimo bibiri ba Lionel Messi na kimwe cya Sergio Busquet. Gusa muri uyu mukino iyi kipe yaje gutakazamo umukinnyi wayo wo hagati w’ibihe byose. Iniesta  (Reuters)

Amakuru dukesha ikinyamakuru Marca aravuga ko imvune Andreas Iniesta yagize ku munota wa 83 mu mukino na Las Palmas uzatuma amara iminsi igera kuri icumi adakandagira mu kibuga ku bwizo mpamvu akaba azasiba imikino igera kuri ibiri yose. Iyi  mvune akaba ariyo mu kuguru kw’ibumoso.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’igihe yaritonze cyane,Luis Suarez yongeye gukora amabara yatunguye abantu benshi bemeza ko atazahinduka(AMAFOTO)

Ngiyi inkomoko y’agahinda mu mutima wa Parfine utwawe Safi Madiba arebera