in

Burya koko iyo urenze uburenze: Nyuma y’amagambo menshi atari meza ubu Manishimwe Djabel wakiniraga APR FC amaze kwerekeza mu ikipe nshya izajya imuhemba bishimishije 

Buryo koko iyo urenze uburenze: Nyuma y’amagambo menshi atari meza ubu Manishimwe Djabel wakiniraga APR FC amaze kwerekeza mu ikipe nshya izajya imuhemba bishimishije.

Manishimwe Djabel wakiniraga APR FC ubu amaze kwerekeza mu ikipe ya Mukura Victory Sports yo mu Karere ka Huye uyu mukinnyi wari kapiteni wa Gitinyiro umwaka ushize agiye nk’intizanyo y’umwaka umwe muri Mukura.

Djabel watijwe muri Mukura azakomeza guhembwa amafaranga angana nayo APR FC yamuhembaga kandi agomba guhabwa miliyoni 4 zo kuva mu mujyi wa Kigali.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Gukorakora abagore ndetse n’ubujura bukorerwa mu modoka byatumye hashyirwaho ibwiriza ryo gucana amatara y’imbere mu modoka

Ariko ubwo ushatse umugabo w’umuhinzi wabigenza ute n’ibyo birenge nk’iby’uruhinja! Umunyarwenya Judy bamuremeyeho isoko kubera amafoto yashyize hanze -AMAFOTO