in ,

Nyuma yaho Senegal itwariye igikombe cy’Afurika, Shaddyboo yatangaje ko u Rwanda ruzatwara icy’isi n’ijuru

Shaddyboo usigaye werekana ko akurikirana ibijyanye n’umupira w’amaguru yatangaje abantu bitewe n’ubutumwa yatanze ku mbuga nkoranyambaga.

Nyuma yuko irushanwa ry’igikombe cy’Afurika kigeze ku musozo, ryegukanwe n’igihugu cya Senegal, Shaddyboo yashyize ifoto ya Mashami Vincent ari kumwe n’umutoza wa Senagal maze ayiherekesha amagambo agira ati “Twe tuzatwara ik’isi ni ijuru.”

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’umusiramu yafotowe yinjiza umunyeshuri w’umuhungu mu cyumba cye anyuze mu idirishya (Video)

Impamvu simusiga zitera guhora wumva ushonje buri kanya