in

Nyinawumuntu Grace yatangarije itangazamakuru icyatumye ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore itsindwa ibitego 7 byose na Ghana ku busa

Nyinawumuntu Grace yatangarije itangazamakuru icyatumye ikipe y’igihugu Amavubi y’abagore itsindwa ibitego 7 byose na Ghana ku busa.

Muri bimwe Nyinawumuntu Grace yatangarije itangazamakuru nyuma y’umukino wabereye mu Rwanda, ikipe y’abagore ya Ghana igatsinda iy’u Rwanda ibitego 7 ku busa, yavuze mo impamvu ikipe yatsinzwe bene aka kageni.

 

Yatanze impamvu itumvwa na buri wese, yagize ati “kuba ikipe ya Ghana yadutsinze bene aka kageni, mwabonye ko bariya bakobwa bari ibisore bameze nk’abagabo, rero urebye nk’ibitego 2 byambere badutsinze byari ibyubwoba, impamvu badutsinze bariya bakobwa bameze nk’abagabo abana bambwiye ko bagize ubwoba”.

Gusa abantu benshi bumva ubwisobanuro bw’uyu mutoza nubwo hari abatabikozwa, bamwe bati “nibyo koko bari bameze nk’abagabo ariko nubundi baturusha umupira”.

Abandi bati ” nubundi ntitwabura gutsindwa kuko muri stade ntabafana baba barimo kandi byitwa ko ari iwacu, basi ngo tubatize na murare”.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya Muheto ntabwo ariwe mukobwa mwiza wari ari mu irushanwa rya Miss Rwanda, hari hari undi umurenze! Ihere ijijo ubwiza bw’umukobwa wavutse 2003 wabuze inota 1 gusa ngo atware ikamba rya Muheto Divine

Byose yabyishyiriye ku karubanda! Miss Mwiseneza Josiane yavuze ibanga yakoresheje kugira ngo yegukane ikamba muri Miss Rwanda ndetse anavuga ikintu yihariyeho mu rukundo – VIDEWO