in

Nyaruguru mu bitaro bya Munini havukiye impanga zifatanye (IFOTO)

Nyaruguru mu bitaro bya Munini havukiye impanga zifatanye.

Nk’uko bitangazwa na Oswald ngo izi mpanga zavutse zifatanye.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter, yavuze ko mu bitaro bya Munini havukiye impanga zifatanye aho bahuje igifu, amara.

Aba bana bajyanywe mu bitaro bya CHUK kugira ngo barebe ko bahabwa ubutabazi bw’ibanze.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Muze twigishe umwana wacu wananiranye uko bambuka umuhanda mu mujyi wa kigali! Mu butumwa buteye ubwoba Kiyovu Sports yakanze KNC abura ayo acira nayo ampira

Umukobwa ushaka kurongorwa niwe utanga inkwano! Abasore bo mu karere ka Rusizi babaye nk’idorari