in

Nyamukandagiramukibuga yemeye gusinyisha abahungu ba Anita Pendo

Nyuma y’iminsi mike Anita Pendo atangaje ko abahungu be 2 biteguye gukinira hagati y’ikipe ya Kiyovu Sports na APR FC.

Ibi yabitangaje kuri iki cyumweru nyuma yo gushyira ku rukuta rwe rwa Instagram amafoto agaragaza aba bana be bambaye imyambaro y’aya makipe, maze arenzaho amagambo agira ati “APR FC mfite abakinnyi hano kandi umwitozo bakoze urahagije munyureho contract ni imyaka 2 gusa.”

Kuri ubu rero, ikipe ya APR FC ibinyujije ku rukuta rwayo rwa Instagram, yemeye kubasinyisha igihe kingana n’imyaka 5. Bagize bati “Anita Pendo abana bawe bahawe ikaze rwose turabaha imyaka itanu ahubwo.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukozi wa REG yatabaye ikiyoni cyari kimaze iminsi 3 cyarafashwe ku ipoto y’amashararazi maze bikora ku mitima y’abatari bake – VIDIO

Rutsiro: Umugore yari yicaye maze yitura hasi ahita apfa