in

Nyamukandagiramukibuga yatangiye kujya ku isoko! APR FC irifuza rutahizamu wamaze kubengukwa na Simba SC

Ikipe ya APR FC yitegura kuzakina imikino Nyafurika, CAF Champions League, yatangiye gushaka abakinnyi bazayifasha muri iyi mikino, aho yerekeje amaso muri Zambia.

Amakuru atugeraho avuga ko rutahizamu Ricky Banda w’umunya Zambia ukinira Red Arrows y’iwabo ndetse n’ikipe y’igihugu ya Zambia, ari ku rutonde rwa ba rutahizamu APR FC yifuza kongeramo.

Uyu musore w’imyaka 23 y’amavuko, apima uburebure bwa 1.86 cm, kandi ari mubo Simba SC yo muri Tanzania ishaka kugura.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Itariki nk’iyi nibwo Patrick Mafisango yitabye Imana habura amasaha make ngo yurire indege aza mu Rwanda kwitabira ubutumire bw’ikipe y’igihugu Amavubi

Kiyovu Sports mu gahinda gakomeye ko gupfusha perezida wayo w’icyubahiro