in

Nyamirama: umunyonzi wari utwaye umugezi ufite ihene, bagonzwe na Scania maze uwo munyonzi ahabonera ibisa nk’ibitangaza atigeze abona mu buzima bwe

Nyamirama: umunyonzi wari utwaye umugezi ufite ihene, bagonzwe na Scania maze umunyonzi ahabonera ibisa nk’ibitangaza atigeze abona mu buzima bwe.

Imodoka yo mu bwoko bwa Scania yagonze umunyonzi, ararokoka ariko uwo yari atwaye ku igare yahise ahasiga ubuzima n’ihene yari afite.

Ibi byabereye ahitwa i Nyamirama mu Karere ka Kayonza ahagana saa sita z’amanywa zo kuri uyu wa Mbere tariki 14 Gicurasi 2023.

Habumugisha Jean de Dieu nawe wari uri muri uwo muhanda atwaye igare, yabwiye RADIOTV10 dukesha iyi nkuru ko uwo munyonzi yashatse guca kuri iyi modoka gusa yaje kumwahuranya.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP Jean Bosco Kabera yihanganishije umuryango wa nyakwigendera waburiye ubuzima muri iyi mpanuka, aboneraho gusaba abatwara ibinyabiziga kubahiriza amategeko y’umuhanda ndetse no kwirinda gutoroka igihe umushoferi akoze impanuka kuko iyo abikoze aba yishyira mu cyaha.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu ni ubugome bw’indengakamere aho muri Kamonyi hari umugabo ukurikiranyweho gutaburura umubiri w’umuntu wapfuye muri 2003

Ibya Moses bihinduye isura! Umunyamategeko wa Turahirwa Moses atangaje ikintu bagiye gukora nyuma y’uko Moses akatiwe iminsi 30 y’agateganyo