in

Nyambo Jesca yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi

 

Umukinnyikazi wa filime nyarwanda Nyambo Jesca wamamaye muri filime zitandukanye hano mu Rwagasabo yatanze ubutumwa bw’ihumure ku banyarwanda bose muri ibi bihe byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994.

Nyambo Jesca avuga ko nk’amashami yashibutse ku giti cy’umuruho bakomeye kandi biteguye kurwanira urwababyaye kandi avuga ko Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994 ikwiriye kutubera isomo ndetse tugahangana n’abakomeje kuyipfobya.

Nyambo mu butumwa bwe yavuze ko dukwiye gufata mu mugongo cyane ababuze ababo ndetse no kubihanganisha muri ibi bihe bitoroshye turimo byo kwibuka ku nshuro ya 29 Jenoside yakorewe Abatutsi.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wareka itabi ukarya intoryi! Menya isano rikomeye intoryi zifitanye n’itabi ku buryo byose ari nko kunywa itabi

Abatwite gusa: Sobanukirwa ibyo kurya bitanu umugore utwite agomba kugendera kure kabone ntubwo yaba abikunda