in

Nyamasheke: Ukekwaho kwiba yapfuye arimo yisobanura ntawe umukozeho

Abantu baguye mu kante ndetse batungurwa no kubona uwarimo yisobanura nyuma yo gufatwa n’abanyerondo akekwaho kwiba ubwo yamaraga kwisobanura, agahita yikubita has akagwa igihumure agahita apfa.

Ibi byabereye mu karere ka Nyamasheke umurenge wa Bushenge akagi ka gatamu ubwo kuri uyu wa kabiri yisobanuraga ku cyaha acyekwaho cyo kwiba ariko yamara kwisobanura agahita yitaba Imana akagwa aho.

Uyu musore mbere yo kwitaba Imana, yasobanuye ukuntu bari bamaze igihe biga neza ukuntu aho bari bagiye kwiba bakinga n’uko baryama byose babanza kubyigaho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yafunzwe azira gusambanya amagufwa y’umuntu umaze imyaka 800 apfuye

Abakinnyi ba Rayon Sports mu myitozo mu Nzove baba bakaniye nk’abari gukina final – AMAFOTO