in

Nyamasheke abasore babiri bafatanyije bica nyina hacyekwa icyo bamuhoraga

Abasore babiri bo mu Karere ka Nyamasheke batawe muri yombi bakekwaho kwica nyina w’imyaka 46, bigakekwa ko bamuhoye kutabaha umunani.

Kuri uyu wa Mbere tariki ya 06 Ugushyingo 2023, nibwo umwe mu bakekwaho kwica nyina yahamagaye umukuru w’Umudugudu amubwira ko nyina yapfuye, ariko yaje kunyomozwa na murumuna wabo wavuze ko ari bo bamwishe.

Byabereye mu Mudugudu w’Agatege, Akagari ka Susa mu Murenge wa Kanjongo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi wabigize umwuga mu gusiganwa ku magare, Mugisha Moïse wamamaye muri ‘Tour De Rwanda’ yakoze impanuka ikomeye cyane ubwo yari mu myitozo

Umukobwa yishe umu ex we nyuma yo kumutera ubwoba akoresheje  imbunda y’akazi, uyu mukobwa yahise ajya kwirega kuri polisi avuga impamvu yatumye amwica