in ,

“Nyamara amafaranga hari n’igihe agabanya imyaka mw’abantu mwe”: Umuhungu Seburikoko akomeje kuvugisha benshi bitewe n’uburyo yagaragaye ameze -IFOTO  

“Nyamara amafaranga hari n’igihe agabanya imyaka mw’abantu mwe”: Umuhungu Seburikoko akomeje kuvugisha benshi bitewe n’uburyo yagaragaye ameze.

Icyamamare muri sinema nyarwanda Niyitegeka Gratien wamamaye cyane ku mazina nka Seburikoko na Papa Sava n’ayandi menshi akomeje kuvugisha benshi nyuma yaho babonye ifoto ye yashyizwe ku mbuga nkoranyambaga na Clapton Kibonke aho yari yambaye imyambaro yatumye abantu bayavuga.

Ifoto:

Bimwe mu byo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona iyi foto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ibi nibyo twagakwiye gukorera migati FC”! Abafana ba APR FC bahinduye intekerezo bakibona ibyo umutoza wabo akoze ubu bari kumusingiza -AMAFOTO

“Sinzi impamvu mbona ko wavamo umugore w’umutima”: Ikizungerezi Lynda Priya yakoze ibintu byatunguye benshi bumvaga atazi uburyo bikorwamo maze inkwakuzi zitangira kumusaba -AMAFOTO