in

Nyamagabe: Isoko ry’Impunzi ryafashwe n’inkongi y’umuriro hakekwa icyateye iyo mpanuka

Mu ntara y’amajyepfo y’u Rwanda mu karere ka Nyamagabe isoko ryubakiwe impunzi zo mu nkambi ya Kigeme ryafashwe n’inkongi, rirakongoka.

Umuvuguzi wa Polisi mu Ntara y’Amajyepfo Superintendent of Police (SP) Emmanuel Hitiyaremye yavuze ko hakekwaho ko iyo nkongi yatewe n’amashanyarazi.

Ati“ Twaraye tuzimya ariko nakubwira ko ryahiye kuko ryari rubakishije imbaho kandi urumva ko umuriro ugeze mu mbaho ukora ibintu .”

SP Hitiyaremye avuga ko hagikusanywa amakuru y’ibyahiye byose kugira ngo harebwe agaciro kabyo.

Src: Umuseke.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy na The Ben bafatanyije kurya amafaranga y’umuntu wari wabatumiye ngo bataramire i Musanze (ubwambuzi)

“Imana ntabwo yampitiramo nabi” Niyo Bosco yashyize hanze iby’amarangamutima afitiye Neza