in

“Imana ntabwo yampitiramo nabi” Niyo Bosco yashyize hanze iby’amarangamutima afitiye Neza

Umuhanzi uri mu bagezweho hano mu Rwanda uzwi ku izina rya Niyo Bosco yashyize hanze iby’amarangamutima afitiye Neza.

Nta kindi kintu kirenze yigeze abivugaho mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru ISIMBI dukesha iyi nkuru Niyo Basco abajijwe ku mukunzi we yagize ati “Imana ntabwo yampitiramo nabi.”

Gusa yavuze ko ibijyanye n’ubukwe atari vuba hakiri urugendo, ngo haracyari byinshi atarakora.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyamagabe: Isoko ry’Impunzi ryafashwe n’inkongi y’umuriro hakekwa icyateye iyo mpanuka

Titi Brown yihakanye ibyo gukundana na Nyambo atangaza ikibyihishe inyuma