in

Nyabugogo: Umuntu yiyahuriye ku kiraro aho yaziritse umugozi ku iteme ni uko maze akiyahura

Umuntu yiyahuriye ku kiraro aho yaziritse umugozi ku iteme ni uko maze akiyahura.

Ku kiraro cya Nyabugogo, iruhande rw’umurenge wa Gatsata hiyahuriye umuntu akoresheje umugozi.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri nibwo abantu basanze umuntu wiyahuye aziritse ikiziriko ku iteme .

Abahageze bahise bahamagara Polisi y’u Rwanda yahise iza ahabereye ayo mahano.

Ntiharamenyekana icyateye uyu muntu kwiyambura ubuzima akoresheje umugozi yaziritse ku iteme.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda rufite toni 22 za Zahabu mu butaka

Gakenke: Abagabo babiri n’umugore bishe Umusaza bamukata umutwe maze bawushyira mu gafuka nyakwigendera yari avuye guhahiramo, bavuze ubugome babikoranye