in

Nyabugogo: Ibisambo byashikuje terefone y’umuturage biyikuye ku gutwi biza gufatwa bikubitwa nk’izakabwana (Amafoto)

Nyabugogo ahazwi nka gare nkuru ya Kigali hakunze guhurira abantu benshi hari Ibisambo byibye terefone y’umuturage biyikuye ku gutwi maze barabifata babiha isomo.

Abaturage bavuga ko ibi ibisambo bidakwiye kubabarirwa kubera ko ngo birakabije kuko ngo bibamazeho ibintu.

Abaturage bakomeza batabaza inzego z’umutekano ngo zibafashe ibi bisambo kuko ngo bimaze kubamaraho utwabo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abakuru gusa: ibyo abagore banga mu gihe cyo gutera  akabariro ariko bakanga kubibwira abagabo babo

Greenwood yahuye n’uruva gusenya bamuca mu bwongereza atari yakina umukino n’umwe