in

Nyabugogo, abagenzi bumiye ku mirongo bategereje imodoka rusange ziherutse kongerwamo agafu, gusa bahebye

Nyabugogo, abagenzi bumiye ku mirongo bategereje imodoka rusange ziherutse kongerwamo agafu, gusa bahebye.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu muri Gare ya Nyabugogo abagenzi bari bumiriwe ku mirongo nta modoka zihari.

Icyo kibazo cyagaragaye no muri Gare ya Kimironko ku mugoroba wo ku wa Kane.

Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gukorana n’abafatanyabikorwa batandukanye mu gushaka igisubizo kirambye.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Iza se ntazikozwa! Bruce Melodie yavuze ukuntu umukobwa we akunda gucuranga indirimbo za Alicia Keys n’abandi bahanzi ntacurange ize nk’uko acuranga izabo

Mama n’umwana se barabikora nabo! Babo na Mama we bagizwe inkuru kubera ibyo bakoze mu ruhame

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO