in

“N’ukuri umugore wange tubana nka mushiki na musaza” Umukobwa yashyize hanze ikiganiro yaganiriye n’umugabo wari uri kumusaba kumubera ihabara akajya amubwira ko umugore we babana nka mushiki na musaza

“N’ukuri umugore wange tubana nka mushiki na musaza” Umukobwa yashyize hanze ikiganiro yaganiriye n’umugabo wari uri kumusaba kumubera ihabara akajya amubwira ko umugore we babana nka mushiki na musaza

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze umukobwa witwa Oyin Vikky yatamaje umugabo wari ari kumusaba ko yamubera ihabara bakajya baryamana mu ibanga.

Mu kiganiro uyu mukobwa yashyize hanze, byagaragaraga ko umugabo ari kumusaba kumubera ihabara gusa umukobwa aramubwira ati ” Ariko ufite umugore” muri make yashakaga kumuhakanira amubwira ko afite umugore.

Gusa umugabo yamusubije ibintu bitangaje cyane, yagize ati “Oyin, umugore wange si ikibazo, ni nka mushiki wange ni ukuri, turubahana ntanumwe watinyuka undi”.

Uyu mukobwa ubwo yasangizaga iki kiganiro yagiranye n’uyu mugabo abantu benshi batunguwe n’amayeri y’uwo mugabo, abandi bavuga ko yikiniraga, ariko abandi bavugako ntawutabivuga kubera ubwiza bw’uyu mukobwa.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imodoka ya Fuso igonze inzu z’ubucuruzi i Karongi, ihitana abarimo

Umuhanzi bivugwa ko Diamond Platinum agiye kujyana muri Wasafi Record ashobora kuba ari umunyarwanda ukomeye mu muziki ndetse abanyarwanda bakumbuye indirimbo ze