in

“Nudashaka ntituzakorana” Hamanyekanye impamvu yatumye umuvugizi wa Rayon Sports, Jean Paul ahita akora ubukwe

Ku Cyumweru tariki 3 Nyakanga 3 Nyakanga 2023, nibwo umuvugizi wa Rayon Sports, Nkurunziza Jean Paul yakoze ubukwe n’umukunzi we Nkusi Goreth.

Ni ubukwe bwitabiriwe n’abantu benshi, biganjemo abafite aho bahuriye n’imikino, ubwo ubukwe bwari burimbanyije, Perezida wa Rayon Sports, Uwayezu Jean Fidèle yahawe ijambo maze ahishura ko ariwe watumye Nkurunziza asezerana vuba.

Yagize ati “Jean Paul yanyakiriye muri Rayon Sports, anyigisha akazi kandi ndabimushimira cyane. Naramubwiye nti ‘Sinzakomeza kwigishwa n’ingaragu, nudashaka ntituzakorana.” 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu mugabo ko yonka bigatinda! Umugore wari uri konsa umwana we yaje gutwarwa n’agatotsi ni maze umugabo bari kumwe ahita atangira kumwonka karahava (VIDEWO)

“Ari guhumeka uwanyuma” Umusore wari ucigatiye umugore umurusha ubunini bari kwishimisha mu buryo bwabo, akomeje kugirwa impuhwe kubera ingano y’uwo yari acigatiye (AMAFOTO)