in

N’ubwo ari I Mageragere yagize icyo avuga: Ibaruwa Titi Brown yanditse ashimira ubuvugizi buri ku mukorerwa ikomeje gukora ku mitima ya benshi bazi akarengane yahuye n’ako

N’ubwo ari I Mageragere yagize icyo avuga: Ibaruwa Titi Brown yanditse ashimira ubuvugizi buri ku mukorerwa ikomeje gukora ku mitima ya benshi bazi akarengane yahuye n’ako

Umubyinnyi Ishimwe Thierry wamamaye nka Titi Brown abikuye ku mutima yoherereje ibaruwa abanyamakuru bose bakomeje kwerekana uruhare rwabo mu gukorera ubuvugizi Titi Brown umaze imyaka itatu muri gereza kd icyaha ashinjwa kitamuhama.

Muri iyi baruwa Titi yavuze ko yongeye kwigarurira ikizere nyuma yo kubona ko abantu bakimuzirikana nyamara we yumvaga ko byamurangiriye ho.

Muri ubu butumwa byumwihariko Titi Brown yashimiye umunyamakuru Pundit watangije iyi nkundura yo gushakira ubutabera uyu mubyinnyi kabuhariwe Titi Brown.

Ubutumwa yanditse

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biryoha biryana! Umunyamakuru wa Kiss FM, Cyuzuzo Jeanne d’Arc yahishuye urugendo yanyuzemo rutari rworoshye rwo kubyara abazwe – Amajwi

Ku nkombo, Abagore n’abakobwa bikorera imizigo ntibatinya no kwikorera ibiro 100 mu gihe abagabo baba bibereye ku mazi