in

Nubwo akomeye ariko baramwirukana: Umutoza ukomeye cyane hano mu Rwanda abafana b’ikipe atoza bariye Karungu bamusabira kwirukanwa rugikubita

Nubwo akomeye ariko baramwirukana: Umutoza ukomeye cyane hano mu Rwanda abafana b’ikipe atoza bariye Karungu bamusabira kwirukanwa rugikubita.

Umutoza Nshimiyimana Maurice bakunze kwita Maso wanyuze mu makipe akomeye cyane hano mu Rwanda arimo nka Musanze FC ndetse na Police FC ntabwo yorohewe mu ikipe arimo ya Etoile De L’Est.

Maso ubu ni umutoza mukuru w’ikipe ya Etoile De L’Est yo mu Karere ka Ngoma gusa abafana b’iyi kipe barashaka ko uyu mugabo yirukanwa nyuma y’imikino itatu amaze atabona amanota atatu dore ko yose yayitsinzwe.

Abakunzi ba Etoile De L’Est bavuga bacunze nabi bashobora kongera kwisanga mu cyiciro cya kabiri kandi ari bintu batifuza kongera kumva.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kubatizwa Binezero, Kiyovu Sports yasabye imbabazi yizeza n’ibitangaza abafana bayo

Abatoza b’Amavubi nyuma yo kubona barakoze amakosa mu guhamagara abakinnyi bahise bafata umwanzuro wo gutumira abakinnyi bari birengagijwe