in

‘N’ubundi nta cyo yahindutse ho usibye inzobe yiyongereye’ Alliah Cool na we yinjiye mu mubare w’abakobwa bagwije imyaka muri Kigali nyuma yo kubona ifoto ye yo muri 2012 hakamenyekana n’imyaka yari afite icyo gihe

‘N’ubundi nta cyo yahindutse ho usibye inzobe yiyongereye’ Alliah Cool na we yinjiye mu mubare w’abakobwa bagwije imyaka muri Kigali nyuma yo kubona ifoto ye yo muri 2012 hakamenyekana n’imyaka yari afite icyo gihe

Alliah Cool umaze kuba ikimenyabose abikesha umwuga we wo gukina Filime benshi bamubona bakamukekera mu myaka 27 gusa si ko kuri kuko kuri ubu afite imyaka 34 y’amavuko.

Umubonye nti wayimukekera gusa ifoto ye yo mu mwaka wa 2012 ubwo yari afite imyaka 23 irabishimangira ko, iyo myaka ari iye kuko muri icyo gihe yari inkumi ishinguye ndetse afite n’ibisuko ku mutwe we cyane ko n’isura ye ibigragaza.

Ifoto ye yo muri 2012 ubwo yari afite imyaka 23.

 

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibyo kuyitinya ntabikozwa: Nawe irebere umugabo wariye inzoka nk’urya ifi (Amashusho)

Wagira ngo ntabwo ari umuntu usanzwe babonye: Reba uko byari byifashe ubwo Mbappe yageraga muri Cameron (Video)