in

Ntiyabura byose, Kanyarwanda Og uzwiho gukunda ifoto yagaragaye yagiye kwidumbaguza muri Pisine (AMAFOTO)

Ntiyabura byose, Kanyarwanda Og uzwiho gukunda ifoto yagaragaye yagiye kwidumbaguza muri Pisine.

Umukinnyi Iradukunda Bertrand bahimba Kanyarwanda Og, yagaragaye yagiye kwidumbaguza muri Pisine.

Mu mafoto yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram, aba ari mu mazi yagiye koga muri Pisine.

Bertrand aba anyuze no kuba ari koga muri Pisine.

AMAFOTO

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu gakanzu katarimo akenda k’imbere ko hejuru kandi kagufi, umunyamakuru wa RBA yagaragaje imiterere ye yohogoje benshi barimo n’aba-Rayon yatangaje kuri Rayon Day (AMAFOTO)

Nyuma y’ibyo The Ben yaboneye i Bujumbura, yageneye ubutumwa Abarundi bose muri rusange