in

Ntiraba iye! Ya kipe Juvenal bivugwa ko yaguze ntabwo iraba iye nk’uko bizwi

Ntiraba iye! Ya kipe Juvenal bivugwa ko yaguze ntabwo iraba iye nk’uko bizwi.

Mvukiyehe Juvénal uheruka gushyirwa ku ruhande mu buyobozi bwa Kiyovu Sports, kuri uyu wa Gatatu, arasinya amasezerano yo kugura Rugende FC.

Juvenal wirukanwe muri Kiyovu Sports araza guhabwa iyi kipe kuri uyu munsi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iminsi 40 yamugereyeho ari guteza utwo yibye! Umusore yafashwe ari guteza ibyo yibye

Ikipe ikomeye muri Afurika yamenyesheje CAF ko itazapfa kugenda mu ndege y’u Rwanda ndetse ko batazigera bambara imyenda yanditseho Visit Rwanda nk’umuterankunga ukomeye w’irushanwa