in

“Ntimuzabyibagirwe” Meddy yahaye ubutumwa budasanzwe The Ben na Pamella

“Ntimuzabyibagirwe” Meddy yahaye ubutumwa budasanzwe The Ben na Pamella

Nyuma y’ubukwe bwo gusaba no gukwa, Meddy yifurije ishya n’ihirwe The Ben n’umugore we Pamella.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram yagize ati ”  Imana ikomeze kubana namwe, Kristo abe ari we fatizo rw’imibereho y’urukundo rwanyu.  mwembi mukundwa na benshi kandi muzabera benshi urugero muri ibi bihe. Kandi uru rukundo rwanyu ni ubuziraherezo ! Ibyo ntimuzabyibagirwe!.”

Uyu muhango wo gusaba no gukwa ni umuhango wari witezweho ko Meddy azawitabira ariko ntiyahaboneka kubera impamvu zitamenyekanye.

Gusa Meddy ategerejwe ho ko azitabira ubukwe bwo gusezerana imbere y’Imana buzaba ku wa 23 Ukuboza 2023.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birabe ibyuya! Muri shampiyona y’u Bwongereza umukinnyi yikubise hasi kuburyo buteye ubwoba umukino uhita usubikwa -IFOTO

Meddy mu ihurizo rikomeye ryo gusubiza ikibazo yabajijwe n’umufana we