in

Meddy mu ihurizo rikomeye ryo gusubiza ikibazo yabajijwe n’umufana we

Kuwa 15 Ukuboza 2023 nibwo umuhanzi The Ben yasabye akanakwa umukunzi we miss Uwicyeza Pamella mu birori byabereye muri Kigali Convention center.

Muri ibyo birori byari byitezwe ko umuhanzi Meddy azabigaragaramo ariko nyiyabashije kuza arinabyo bikomeje gutuma abakunzi be bamunenga cyane.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntimuzabyibagirwe” Meddy yahaye ubutumwa budasanzwe The Ben na Pamella

Yoo yari agiye atabutashye! The Ben yatangaje umuntu w’ingenzi kuri we warwaye akaremba mbere y’ubukwe akagera habi ku buryo yari afite ubwoba ko atazabutaha