in

Ntibisanzwe:Umugore n’umugabo basajijwe n’ibyishimo byinshi ubwo bibarukaga abana 4 icyarimwe nyuma y’imyaka 15 barabuze urubyaro.

Umugore n’umugabo bakomoka mu gihugu cya Nigeria bari mu byishimo byinshi nyuma yo kwibaruka abana 4 icyarimwe nyuma y’imyaka myinshi barabuze urubyaro.

Uyu muryango wari umaze imyaka 15 bibaza nimba bazabona urubyaro , bari barihebye batanakibitekereza na gato ko bazabyara, umugore Chinyere Nwokike, yaje kubwira umugabo we ko atwite umugabo amwima amatwi azi ko bitabaho n’ubwo abaganga bari barabyemeje.

Ibyishimo byatangiye kuza ku mpande zombi, haba ku mugabo,Chika Nwokike n’umugore we,inkuru ya Nigeria news itangaza ko ubu ari ibihe bidasanzwe ku abashakanye bakiriye abana 4 ,abahungu babiri n’abakobwa babiri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Byari nk’inzozi ubwo aba bagore b’impanga bongeraga guhura nyuma yo gutandukana kera bakiri abana (AMAFOTO)

Aba bakoze ubukwe inshuro enye zose mu kwezi kumwe ngo bakomeze biruhukire||ibyakurikiyeho birababaje.