in

Ntibisanzwe:umugabo wabyaye abana 33 akomeje gutangaza benshi

Umugabo w’umwirabura umaze kubyara abana 33 akomeje gutangaza abantu benshi dore ko yababyaye ku bagore batandukanye.

Uyu mwirabura uzwi ku izina rya Demond George yohereje yashyize hanze amafoto y’aba bana be,uko ari 33. Ku wa mbere, tariki ya 23 Gicurasi, ku rubuga rwa Facebook, Desmond yasangije amafoto y’abana be bose abantu baratangara cyane kuko ari ibintu bidasanzwe. Yasobanuye ibikorwa bye nk’umugani. Amakuru avuga ko Demond yabyaye abana ku bagore benshi. Muri iyi nyandiko, Demond yavuze ko ‘umurage uzahoraho’ ubwo yagaragazaga amazina y’abana be atangaza ko kuri we afite umuryango mugari.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuntu w’igitsinagabo wese ategetswe gusohora izi nshuro mu kwezi

Mu myambaro myiza Real Madrid yerekeje I Paris (Amafoto)