in

NTIBISANZWE: Urukundo umugabo yakundaga umukobwa w’ikizungerezi rwatumye asambanya umurambo we.

Kuwa 02 Mutarama 2021 saa saba z’amanywa, nibwo umugabo witwa Sipiliano, ukomoka ahitwa Epworth muri Zimbabwe wari wanyoye agasembuye,yasambanyije umurambo w’umukobwa witwa Melisa Mazhindu w’imyaka 20 ahitwa Muguta,amusanze mu rugo iwabo ahari hateraniye abantu benshi baje kumushyingura aho bivugwa ko uyu mugabo yamukundaga cyane mbere y’uko ashiramo umwuka.

Nk’uko tubikesha mbaretimes.com yabonye urwandiko rwa polisi ruvuga kuri iki kirego,Bwana Sipiliano yinjiye mu cyumba cyarimo umurambo wa Mazhindu n’abandi bantu bake barimo nyina umubyara witwa Phillipa n’abandi bagore 2 bagenzi be maze asaba ko yasambanya umurambo w’uwo mukovwa wari ukiri muto.

Phillipa Mazhindu yabwiye abanyamakuru ko uyu mugabo yinjiye mu cyumba barimo amubwira ko yari amaranye igihe kinini icyifuzo cyo gukorana imibonano mpuzabitsina n’umukobwa we ariko yapfuye atarabigeraho ngo ariko igihe kitararenga ko yanabikora mbere yo kumushyingura.

Bivugwa ko Sipiliano yahise akuramo umurambo batarawushyira mu isanduku aho ngo wari utwikiriye umwenda wera avuga ko nyakwigendera yari akiri mwiza kuri we hanyuma akajya hejuru y’umurambo atangira kuwukorera ibya mfura mbi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku ncuro ya mbere umuraperi T.I yashyize hanze ifoto y’umwuzukuru we amwishimiye cyane.

Uherutse kuba umuherwe wa mbere ku isi yaburiye abakoresha WhatsApp.