in

YEGOKOYEGOKO

Ntibisanzwe: Gutumura agatabi byatumye umugabo yanga kugendana n’umugore we bari bavuye gusezerana (Videwo )

Umugabo yateye intambwe ndende asiga umugore we mu nzira ubwo bari bavuye gukora ubukwe.

Uyu mugabo yavugishije abatari bacye kubera ukuntu yihutaga ubona adashaka kwiteza umugore we bari bavuye gukorana ubukwe.

Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yerekana uyu mugabo ari kwihuta cyane mu gihe umugeni (umugore w’uyu mugabo) we yazaga yiruka atumura agatabi.

Intandaro yo gusiga uyu mugore we n’uko yagendaga atumura agatabi mu muhanda rwa gati, ibyo rero byateye isoni n’ikimwaro uyu mugabo, ahitamo ku musiga mu nzira akaza amwirukaho.

Reba videwo uyu mugabo asiga umugore we

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

« Nibyo byishimo baheruka bari kumwe! » – Juno Kizigenza na Ariel Wayz baratunguwe ubwo bari basohokanye (video)

Umuhanzikazi Babo yaraye asomye amakuru kuri televisiyo Rwanda mu buryo busanzwe (Videwo)