in

Ntibatinya kubikorera mu ruhame! Hari bamwe mu bagabo b’i Musanze babangamiwe n’ingeso itari nziza abagore baho badukanye

Mu karere ka Musanze mu murenge wa Kinigi mu kagari ka Nyonirima, haravugwa inkuru y’abagabo babangamiwe n’ingeso itari nziza abagore bo muri aka gace badukanye.

Abagabo bo muri aka gace, babwiye TV1 dukesha iyi nkuru ko babangamiwe cyane n’abore bashira isoni bakabatuka bakabandagaza no mu ruhame.

Byatumye umugabo witwa Manishimwe Yven yagiye kurega Muhawenimana Nyirangorore wamutukiye mu ruhame amwita ‘imbwa y’umusega’ maze atabwa muri yombi.

Aba bagabo bavuga ko impamvu bari kurega aba bagore, ngo ni ukugira ngo babahane bibere isomo abandi.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Igihe Lionel Messi azerekanwa mu ikipe ya Inter Miami cyamenyekanye

Juno Kizigenza yatangaje izina Kizigenza aho ryavuye ndetse yamaze ikintu gikomeye cyatumye areka gukina umupira w’amaguru yigira mu muziki nubwo atavukundaga