in

Ntibakozwa ibyo gutaha! Abafana ba Rayon Sports bayobowe n’abana ba Uwayezu Jean Fidel kubera ibyishimo by’uko Murera yabo yiyunyuguje APR Fc banze gusoka muri sitade – Videwo

Nyuma y’umukino wahuzaga Rayon Sports na APR Fc, abafana ba Rayon bari bayobowe na perezida wayo Uwayezu Jean Fidel n’abana be banze gusoka muri sitade kubera ibyishimo batewe n’ikipe yabo yatsinze yandagaje APR Fc.

Ni umukino wabaye kuri uyu wa Gatandatu tariki 12 Kanama 2023, wabereye kuri Kigali Pele Stadium, warangiye Rayon Sports itsinze irusha cyane APR Fc ibitego 3-0.

Videwo:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rayon Sports nyuma yo gutoba APR FC nk’ubuzizi burya ibivuzo, umukinnyi wayo yahawe amafaranga menshi abafana bose bamukurira ingofero

Aho biryoshye aba ari imbere! Kapiteni wa Rayon Sports ni we uhawe igikombe gusa ariko imbaraga yagifatanye azikoresheje mu kibuga hashya (VIDEWO)