in

Nti wavuga nabi Zidane ngo bikugwe amahoro: Uwari umuyobozi w’umupira w’amaguru mu Bufaransa agiye kujyanwa mu nkiko

Noël Le Graët uheruka kweguzwa ku mwanya wa Perezida w’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Bufaransa ( FFF), ibye bikomeje kitajyenda neza kuko agiye kujyanwa mu nkiko.

Ubwo yavugaga ko atari kwitaba telefoni ya Zidane iyo aramuka amuhamagaye amusaba gutoza u Bufaransa, byatumye ibihanganjye mu mupira w’amaguru nka Mbappe bimwibasira kubera ukuntu atubashye Zidane kandi yaragize uruhare mu mupira w’iki gihugu.

Ibyo byose byakurikiwe no gusezererwa ku mwanya wo kuyobora FFF, na none kandi kuri ubu yatangiye gukorwaho iperereza ku byaha bifitanye isano n’ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyatanzania bagaragaje umuco utari mwiza ku umuhanzi w’icyamamare muri Africa

Rubavu: Abagore ba biri batawe muri yombi bakurikiranweho kwinjiza ibintu bitemewe harimo n’ibyangiza imibiri y’abantu