in

Ntazigera ava mu mitima y’abakunzi ba Hip Hop: Menya icyo uyu munsi usobanuye ku buzima bw’umuraperi Jay Polly

Umuhanzi Jay Polly ntazigera ava mu mitima y’abakunzi b’umuziki nyarwanda by’umwihariko abakunzi b’injyana ya Hip Hop dore ko yafatwaga nk’Umwami w’iyi njyana hano mu Rwanda.

Uyu munsi tariki 05/07/2023 usobanuye byinshi ku buzima bwa nyakwigendera Tuyishimire Joshua wamamaye cyane ku izina rya Jay Polly yakoreshaga mu bihangano bye kubera ko aribwo uyu mugabo yabonye izuba.

Jay Polly wabonye izuba uyu munsi yitabye Imana tariki 02 Nzeri 2021 azize uburwayi akaba yaraguye mu bitaro bya Muhima ubwo yari akuwe muri Gereza ya Mageragere yari afungiyemo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘Ikiyoni bavukiye rimwe cyapfuye kera cyane’ Jennifer Lopez ugwije imyaka ariko akaba adasaza mu buryo bw’umubiri yongeye kwiyerekana ari mu mwambaro wa ‘Bikini'(AMAFOTO)

Hagiye kongera gushya: Diamond Platunmz na Koffi Olomide bafitiye inkuru nziza abakunzi b’umuziki