in

Ntakiri Mbappé cyangwa Neymar! Hatahuwe umukinnyi usigaye uterana ububyara na Messi mu rwambariro rwa Paris Saint Germaine

Kizigenza Lionel Messi ntagicuditse n’abakinnyi barimo Neymar Jr na Klyian Mbappé muri Paris Saint Germaine.

Marco Verratti usigaye uterana ububyara na Messi mu rwambariro rwa Paris Saint Germaine

Ñyuma y’uko Lionel Messi agarutse i Paris avuye mu gikombe cy’isi yatwaranye na Argentina ngo umubano ntukimeze neza cyane na Mbappé ndetse na Neymar, amakuru dukesha ibinyamakuru by’i Burayi aravuga ko ubu Lionel Messi umuntu bameranye ari umutariyani Marco Verratti basigaye baba baterana ububyara mu rwambariro. Lionel Messi kandi ngo undi mukinnyi bajya bicara bakaganira muri Paris Saint Germaine ni umwana muto w’Umufaransa Nordi Mukiele.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Jodie Comer ayoboye urutonde rw’abagore beza ku isi , Kim Kardashian arabyina avamo

Gerard Piqué yasubije Shakira wa mwandagaje ku karubanda kubera yamwanze akamusimbuza undi mukunzi mushya