in

Ntago ziriya miliyoni wazibika nta murinzi ufite! Producer Element yazanye umurinzi (Bodyguard) w’ibigango -AMAFOTO

Umuhanga mu gutunganya imiziki akaba n’umuhanzi ukomeye cyane hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya Element yagarutse mu isura nshya.

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amafoto arikumwe n’umuntu umurinda (Bodyguard).

Uyu muhanzi Kandi Ari kwitegura kujya gukorera igitaramo mu gihugu cya Uganda.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza w’ikipe ya Rayon Sports arimo gukoresha imyitozo abakinnyi 5 gusa mu ikipe yose kubera impamvu idasanzwe

Aba Rayon barabahoreye: Police FC yo mu Rwanda ifashe ikipe yababaje Rayon Sports n’abakunzi bayo maze iyinigana inkari