in

“Ntago nsubiramo” umugabo yagiye gusezerana mu murenge asoma nabi bamubwiye ko asubiramo aratsemba ariko bitewe n’uburyo yabisubijemo bikomeje gutangaza benshi – Videwo

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gucacana amashusho atangaje y’umugabo witwa Pierre n’umugore we bagiye mu gusezerana mu murenge bagasoma nabi ibyo bagombaga gusoma.

Igitangaje ni uburyo Pierre yabwiwe ko agomba gusubiramo ariko agatsemba akavuga ko a adashobora gusubiramo. AMASHOSHO

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hitabajwe umuhanzikazi ufite inyinya ikurura benshi! Ikipe ya Rayon Sport ku munsi w’igikundiro yatumiye umukobwa w’igikundiro kugirango azasusurutse abafana -AMAFOTO

Yari yabyambariye! Soleil wo muri Bamenya yasoje amasomo ye yambaye ikanzu igaragaza ikibero cye ndetse n’ubwiza bubereye ijisho (AMAFOTO)