in

Ntago byamutwaye igihe kinini! Miss Uwicyeza Pamela nyuma y’uko umugabo we The Ben avuye ku rubyiniro ari gusuka amarira ahise agenera ubutumwa Abarundi

Mu marira menshi The Ben avuye ku rubyiniro nyuma yo gufatwa n’ikiniga.

Ikiniga kimufashe ubwo yaririmbaga umurongo uvuga ngo “Tsinda umwanzi” mu ndirimbo ye “Ndaje”.

Ni nyuma y’imijugujugu yavuzwe muri iki gitaramo kuva cyatangazwa.

Iki gitaramo cyari giteganyijwe abahanzi batandukanye, haririmbye we na Sat B kuko batangiye babwiwe ko amasaha yamaze kurangira.

Umugore we Uwicyeza Pamela ahise agenera ubutumwa Abarundi baberetse urukundo kuva bagera muri iki gihugu cy’u Burundi.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyanza! Habereye impanuka y’igikamyo cyari gipakiye itaka maze kigonga umwana w’imyaka 6

Abagabo 2 bari basanzwe barinda imirima ya Kazungu basanzwe bapfuye ariko harakekwa icyabishe