in

“Ntabwo turi indaya” Abagore bagize itsinda rya ‘Kigali Boss Babies’ bihanangirije abavuga ko bicuruza kugira ngo babone amafaranga birirwa baryoshyamo

Abagore bagize itsinda rya ‘Kigali Boss Babies’ bihanangirije abavuga ko bicuruza kugira ngo babone amafaranga.

Aba bagore bagera kuri 6 bavuze ibi ku munsi w’ejo hashize ubwo bari mu kiganiro kuri Kiss Fm.

Iri tsinda rigizwe n’abagore bivugwa ko bafite agatubutse, abantu bagiye bavuga ko bicuruza kugira ngo babone ayo mafaranga.

Aba bagore bo babyigarama bavuga ko bafite akazi kabo keza kandi kazwi ngo ibyo kwicuruza ni ukubaharabika.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Muratumiwe mwese: Abinkwakuzi bamaze gutumirwa mu bukwe bw’umunyamakuru Uncle Austin wagaragaye ari kumwe n’umukobwa w’uburanga buhebuje (IFOTO)

Bikorwa na bake ku Isi: Ihere ijisho amashusho y’umugore ukora ibintu bidasanzwe kuri ruhago ukomeje kuvugisha benshi (video)