in

“Ntabwo tugushaka dufite umuzamu wa kabiri” Rutahizamu washizemo ibitego yatumye abafana b’ikipe yari igiye kumugura binjira mu kibuga barigaragambya bamwamaganira kure kuko badakeneye uzajya abakururamo ibitego

“Ntabwo tugushaka dufite umuzamu wa kabiri” Rutahizamu washizemo ibitego yatumye abafana b’ikipe yari igiye kumugura binjira mu kibuga barigaragambya bamwamaganira kure kuko badakeneye uzajya abakururamo ibitego.

Abafana b’ikipe ya Juventus biraye mu kibuga ubundi barigaragambya bamagana ko iyo kipe yasinyisha Lomelu Lukaku Menama Bolingo.

Aba bafana binjiye mu kibuga basaba ko ataza muri Juventus kuko bafite umuzamu wabo wa kabiri kuko bamufata nk’ukuramo ibitego aho kuba ubitsinda.

Ibyo babivuze bakurikije umupira yagaruye ku mukino wa nyuma wahuje Inter na Manchester city.

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Adolf na Bonheur baramurusha kure” adaciye ku ruhande, umunyamakuru Rugangura Axel yemeje ko Rayon Sports bayituburiye umukinnyi urinda izamu kugeza n’aho bamugereranya n’abari bahari

Mugabo niba udashaka ko umugore wawe agukubita cyangwa ngo akwirukane mu rugo ntuzigire ukora inshingano z’urugo umaze gukora ibi bintu