in

Mugabo niba udashaka ko umugore wawe agukubita cyangwa ngo akwirukane mu rugo ntuzigire ukora inshingano z’urugo umaze gukora ibi bintu

Mugabo niba udashaka ko umugore wawe agukubita cyangwa ngo akwirukane mu rugo ntuzigire ukora inshingano z’urugo umaze gukora ibi bintu.

Hari bimwe mu bintu abagabo bakora bikaba byatuma batabasha kunoza neza inshingano z’urugo, rero hari ibyo ugomba kwirinda mbere yo kubikora kugirango ubinoze neza.

1.Ntuzakore inshingano z’urugo uvuye guca inyuma umugore wawe.

2. Ntuzanoze inshingano z’urugo wasinze cyangwa umaze iminsi usinda cyane.

3. Ntuzahatirize umugore wawe kunoza inshingano zo mu buriri.

4. Ntuzigire ushaka kunoza inshingano mwaraye murwana cyangwa mutongana.

5. Ntuzigire ntarimwe ubikora igihe wumva ufite intege nke.

6. Ntuzigire utekereza kubikora wariye wahaze cyane.

 

Izindi nkuru zigezweho.

___Izina rye ni ryiza nkawe! Hamenyekanye izina ry’umukobwa uri mu rukundo na Mbonyi

 

Shaddyboo kuki waduhishe murumuna wawe ! Uburanga n’imiterere bya Yoodyboo inkumi isa  nka Shaddyboo bikomeje guteza ururondogoro

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntabwo tugushaka dufite umuzamu wa kabiri” Rutahizamu washizemo ibitego yatumye abafana b’ikipe yari igiye kumugura binjira mu kibuga barigaragambya bamwamaganira kure kuko badakeneye uzajya abakururamo ibitego

Umugore yararaga avuza induru abaturanyi bakaza gutora ubusurira! Umugabo n’umugore we bafashe icyemezo nyuma y’uko umugore yararaga avuza induru bari gutera akabariro bigatuma abaturanyi babyuka bakaza kwiyumvira