in

“Ntabwo ndi bene wanyu” Shaddyboo yeretse abantu ibigwi afite ababwira ko atari bene wabo ubundi abasaba  ko nabo biyerekana

“Ntabwo ndi bene wanyu” Shaddyboo yeretse abantu ibigwi afite ababwira ko atari bene wabo ubundi abasaba  ko nabo biyerekana

Abinyujije ku rukuta rwe rwa X, Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo yeretse abantu ko abarenze ho nyuma yo kwandika izina rye muri porogarame y’ikoranabuhanga ikamumenya ndetse igasobanuro uwo ariwe.

Shaddyboo yakoresheje iyi porogarame yitwa ChatGPT, yandikamo izina rye ubundi impuva impuzi n’impuzingo ivuga uwo ariwe.

Shaddyboo akimara kubona ko porogarame zitandukanye zimuzi yahise asaba abandi kumwereka niba barenze, ngo nabo bandike amazina yabo muri iyi porogarame barekekane ko barenze.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu byamamare byari bihari harimo na Pastor Claude: Udushya twagaragaye mu bukwe buhenze bw’umupfumu Salongo wasezeranye imbere y’Imana n’umugore we – AMAFOTO

“Wamaye serifi” Amashusho ya Junior Giti ari kugenda asaba serifi abahanzi b’ibyamamare yakuze afana ikomeje gutangaza benshi bitewe nuko yagendaga avuga agiye kuyisaba – Videwo