in

“Nta muntu wisangiza umugabo reka musangire dore ubukene bw’abagabo bwarateye” Abagore babiri barwaniye umugabo mu mujyi rwagati bakomeje kurikoroza

“Nta muntu wisangiza umugabo reka musangire dore ubukene bw’abagabo bwarateye” Abagore babiri barwaniye umugabo mu mujyi rwagati bakomeje kurikoroza.

Ku mbuga nkoranya mbaga hakomeje guhererekanywa amashusho y’abagore babiri barwaniye umugabo karahava.

Umugabo barwaniraga

Aba bahuye ubwo umugabo yari atwaye uwo twakita nk’inshoreke, umugore mukuru arabafata, intambara iba itangiye gutyo.

Aba bagore ni barwaniraga mu mujyi wo mu burundi ndetse nabo ubwabo bakaba ari abarundi, bagiriwe inama na bagenzi babo bababwira ko nta muntu wisangiza umugabo kuko ubukene bw’abagabo bwarateye.

Gusa ntibigize bumva inama bagirwa ahubwo bakomeje bararwana karahava.

Videwo

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwo murarenzwe sha! Ibintu byakomeye, abagabo babiri bandikiranye amasezera basheta imodoka zabo ku mukino ugiye kuba muri iri joro – dore urwandiko

Noneho Wayz arifata gute? Juno Kizigenza yagaragaye ari kumwe n’umukobwa mushya bivugwa ko yasimbuje Ariel Wayz (AMAFOTO)